资讯
Radio Rwanda is a public Radio channel owned by Rwanda Broadcasting Agency and broadcasting in Kinyarwanda, French, English and Kiswahili. It has branches countrywide known as Comunity Radios such as ...
Radio Rwanda is a public Radio channel owned by Rwanda Broadcasting Agency and broadcasting in Kinyarwanda, French, English and Kiswahili. It has branches countrywide known as Comunity Radios such as ...
This article has been trashed from the web, Please contact info@rba.co.rw for more details!
Title Details Download; Job ann 2025: Job an 2025 {730Kb }Part Time RUSIZI: Part Time RUSIZI {215Kb }Part Time RUBAVU: Part Time RUBAVU {210Kb }Part Time NYAGATARE: Part Time NYAGATARE ...
U Rwanda rwanze gukomeza umubano wubakiye ku buryarya n'u Bubiligi. Ku wa Mbere tariki 17 Werurwe 2025, u Rwanda rwatangaje ko rwahagaritse umubano mu bya diplomasi n'u Bubiligi, nyuma yo gusuzuma ...
Mu Rwanda hagiye gushyirwaho ikigega cyihariye cy’ibigo by’imari iciriritse kigamije gukemura ikibazo cy’ikiguzi gihanitse cy’inyungu ku nguzanyo. Ni ikigega gitegerejwe kujyaho bitarenze impera z’uyu ...
Serivisi za leta 682 ni zo zatangwaga hifashishijwe ikoranabuhanga ndetse muri 2022/2023 urwego rwa serivisi rwari rugize 45% by'umusaruro mbumbe w'igihugu bitewe no gushyira ikoranabuhanga ku isonga ...
U Rwanda na Seychelles byasinyanye amasezerano y'imikoranire mu bijyanye no kuzamura ireme n’imikorere y’urwego rushinzwe serivisi z’igorora, amahugurwa y'abakozi, ubushakashatsi n'ibindi. Aya ...
Mu gihe hagati muri uku kwezi kwa 11 hateganijwe inama ngarukamwaka yiga ku mihindagurikire y'ibihe izabera i Baku muri Azerbaijan, bamwe mu bashoye imari mu bikorwa bifite aho bihuriye no ...
Urukiko rwo mu Bufaransa rwahamije Umunya-Cameroun, Charles Onana icyaha cyo guhakana no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi. Charles Onana asanzwe ari umunyamakuru akaba n’umwanditsi w’ibitabo aho ...
Abahinzi b’imboga n’imbuto barenga ibihumbi 30 barishimira kuba basigaye bahinga bizeye isoko, ibi kandi bikaba byarazamuye imibereho myiza yabo. Babitangaje ubwo Umuryango TearFund wabafashije, ...
Perezida Kagame yavuze ko ikibazo cya M23 cyoroshye gukemuka ariko bikigoranye mu gihe hari bamwe mu bayobozi ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basa n’abashaka kwigaragaza gusa mu mafoto aho ...
当前正在显示可能无法访问的结果。
隐藏无法访问的结果