News

Radio Rwanda is a public Radio channel owned by Rwanda Broadcasting Agency and broadcasting in Kinyarwanda, French, English and Kiswahili. It has branches countrywide known as Comunity Radios such as ...
This article has been trashed from the web, Please contact info@rba.co.rw for more details!
Mu Rwanda hagiye gushyirwaho ikigega cyihariye cy’ibigo by’imari iciriritse kigamije gukemura ikibazo cy’ikiguzi gihanitse cy’inyungu ku nguzanyo. Ni ikigega gitegerejwe kujyaho bitarenze impera z’uyu ...
Serivisi za leta 682 ni zo zatangwaga hifashishijwe ikoranabuhanga ndetse muri 2022/2023 urwego rwa serivisi rwari rugize 45% by'umusaruro mbumbe w'igihugu bitewe no gushyira ikoranabuhanga ku isonga ...
U Rwanda na Seychelles byasinyanye amasezerano y'imikoranire mu bijyanye no kuzamura ireme n’imikorere y’urwego rushinzwe serivisi z’igorora, amahugurwa y'abakozi, ubushakashatsi n'ibindi. Aya ...
U Rwanda rwanze gukomeza umubano wubakiye ku buryarya n'u Bubiligi. Ku wa Mbere tariki 17 Werurwe 2025, u Rwanda rwatangaje ko rwahagaritse umubano mu bya diplomasi n'u Bubiligi, nyuma yo gusuzuma ...
Mu gihe hagati muri uku kwezi kwa 11 hateganijwe inama ngarukamwaka yiga ku mihindagurikire y'ibihe izabera i Baku muri Azerbaijan, bamwe mu bashoye imari mu bikorwa bifite aho bihuriye no ...
Urukiko rwo mu Bufaransa rwahamije Umunya-Cameroun, Charles Onana icyaha cyo guhakana no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi. Charles Onana asanzwe ari umunyamakuru akaba n’umwanditsi w’ibitabo aho ...
U Rwanda rwitabiriye Imurikagurisha Mpuzamahanga ry'Ubukungu n'Ubucuruzi rihuza Afurika n'u Bushinwa, riri kubera mu Mujyi wa Shangsha [Shangsha International Exhibition Center], mu Ntara ya Hunan.
Abahinzi b’imboga n’imbuto barenga ibihumbi 30 barishimira kuba basigaye bahinga bizeye isoko, ibi kandi bikaba byarazamuye imibereho myiza yabo. Babitangaje ubwo Umuryango TearFund wabafashije, ...
Minisiteri y’Uburezi yatangije gahunda y’uburyo bw’isuzumabumenyi mpuzamahanga ku banyeshuri bafite imyaka 15 muri gahunda yitwa PISA (Programme for international student assessment) 2025. Ibi ngo ...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rubavu by'umwihariko abo mu bice by’icyaro beretse Abasenateri ko bigoye kubona ibicanwa bitangiza ibidukikije kuko ubushobozi bwabo butabemerera kubyigondera. Aba ...